Amatora y'ikiciro kibanziriza icya nyuma ya Miss Rwanda aratangira kuri uyu wa gatatu

Richard NSHIMIYIMANA 2024-03-28 08:41:47 Imyidagaduro

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri rishyira kuwa gatatu taliki ya 10 Werurwe 2021; haratangira amatora ya Miss Rwanda mu kiciro gishyira icyanyuma. Muri aya matora azatangamo umukobwa umwe uzahita ubona itike yo kujya mu bakobwa 10 ba nyuma.

Uburyo bwo gutora ni ubusanzwe, abakoresha ubutumwa bugufi ni ukujya ahandikirwa ubutumwa bugufi, bakandika ijambo MISS bagasiga akanya, bagashyiraho nimero y’umukobwa utoye hanyuma bakohereza kuri 1525.

Gutora binyuze kuri internet bikorerwa ku rubuga rwa igihe.com


Related Post