Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza na Premier League, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rya Royal Espagne (RFEF) na LaLiga, hamwe na Federasiyo y’umupira w’amaguru mu Butaliyani (FIGC) Serie A bamenye bose ko amakipe make yo mu Bwongereza, Espagne n’Ubutaliyani ashobora kuba ateganya gushyiraho irushanwa ryabo ryihariye bazita Super League.
Ibi ariko ntabwo byakiriwe neza na FIFA kuko yanahise isohora itangazo ryamagana iri rushanwa.
Itangazo rya FIFA.
Amakipe nka Arsenal, Chelsea, Liverpool, Manchester City, Manchester United na Tottenham ni izo mu gihugu cy'ubwongereza zamaze kwemera ko zizitabira iyi super League.
Kanda hano urebe amakipe yose yamaze kwemera uyu mushinga mushya: https://thesuperleague.com/