Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye umunsi w’amateka akomeye mu gihugu, aho abaturage bagomba kwihitiramo ugomba kubayobora muri manda y’imyaka ine iri imbere. Abahanganye ni Trump Dornald usanzwe ariwe uyobora iki gihugu na Joe Biden.
Kugira ngo umuntu atorerwe kuyobora Amerika agomba kuba afite nibura amajwi 270