Ikipe ya Rayon Sports ibinyujije kuri Twitter yabo yamaze gutangaza ko umutoza Kayiranga Baptiste ariwe ugomba kuba asimbuye Guy Bukasa weguye kuri uyu wa gatatu. Kayiranga wanakiniye iyi kipe yahawe gutoza imikino 2 ya shampiyona isigaye gukinwa.
Kayiranga Baptiste niwe ugomba gutoza imikino 2 isigaye ya Rwanda Premier league.